Turi Taliki 21 -05 -2013 »» Dufite Abashyitsi 28
||
Umuhanzi w’umurundi ukunzwe cyane muri kano gace Uwizeye Willy, wize School of Business Management akaba yarasengeraga kuri Eglise Vivante de Jésus Christ du Burundi i Bujumbura, akaba ariho yakuriye, ubu akaba ari kubarizwa muri Amerika, nyuma yigihe kinini abantu bari kwibaza amakuru ye, twagiranye icyiganiro gito anaduha indirimbo nshya aherutse gusohora itegura alubumu ye ari gukorera kuri uwo mugabane.
Dore icyiganiro gito twagiranye nibyo yadutangarije:
Uwizeye Willy : Shalom Brother Patrick. Amakuru y’iminsi?
Umunyamakuru : Meza wowe se?
Uwizeye Willy : N’amahoro, Jewe meze neza ubu ndimwo gutegura album izasohoka le 31
December yitwa tuko na mungu. Nakoreye hano muri America. Ok, nagize
izi giswahili cane kubera eastafrican region
Umunyamakuru : Yeap ni byiza mu gusoza icyi kiganiro gito tugiranye nicyi wumva
wabbwira abakunzi bawe nabazumva iyi ndirimbo nhsya wakoze?
Uwizeye Willy : Yego ndabwira abakunzi bange kuyumva uko ikoze. Iyi ni indirimbo
mbarungikiye, kandi bidahindutse alubumu izasohoka izosohoka le 31
Decembre 2011. Album izoba Yitwa “Tuko na Mungu” kandi nongeye
kubashimira uko abakunzi bacu hamwe n’itangazamakuru mudufasha kandi
Imana ibaje imbere ibongere n’ubundi buhinga bwa kwamamaza Ubwami
bwayo. Murakoze ndabakunda mwese.
Patrick Kanyamibwa.